kandi basabwa kuvuga ikibazo bagize mu gihe mubazi yabo yagize ikibazo, bishyujwe amafaranga menshi cyangwa se bamaze igihe batishyuzwa amazi.
Yasabye kandi abaturage kumenya uburenganzira bwabo bakamenya uko ibiciro by’amazi bihagaze kugira ngo bamenye amafaranga bagomba kwishyura ndetse bakanakoresha amazi neza.
Umuyobozi ushinzwe amazi, isuku n’isukura muri RURA, Dr. Hussein Bizimana, yasobanuye uko ibiciro by’amazi bishyirwaho asaba abaturage kubimenya
Dr. Hussein Bizimana yavuze ko RURA iri gukora isuzuma ku ikoreshwa rya mubazi koranabuhanga ku buryo umuntu azajya yishyura amazi mbere
Mumpe amakuru yose